Amakuru aheruka
Nyaruguru: Perezida w’Urukiko rw’Ibanze akurikiranyweho ruswa y’ishimishamubiri ry’igitsina
More in Amakuru aheruka
-
Hakenewe ubufatanye mu gutanga amakuru nyayo ku buzima bw’imyororokere
Ihuriro ry’Imiryango Nyarwanda itari iya Leta ishinzwe kurwanya Virusi Itera SIDA, Guteza imbere Ubuzima...
-
IGP Namuhoranye yasubije abibaza ku hazaza ha Mashami
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Félix Namuhoranye, yavuze ko bifuza gukomezanya n’abatoza...
-
Ishuri KSP Rwanda,ryasabye ababyeyi gushyigikira abana babo kwiga amasomo y’imyuga
Gahunda ya Guverinoma y’imyaka 7 ni uko abanyeshuri biga amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro bagomba kuba...
-
Gukoresha agakingirizo neza birinda kwandura virusi itera SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina ndetse n’inda zitateguwe
Umuryango RNGOF Ifatanyije na AHF-Rwanda ndetse na RBC, bateguye umunsi mukuru w’agakingirizo bibutsa urubyiruko...
nyemazi
February 18, 2022 at 4:45 pm
Iyi ni imwe mu ngaruka z’ubusambanyi.Nubwo bukorwa na millions and millions z’abantu mu rwego rwo kwishimisha,butera ibibazo byinshi bikomeye harimo:Gufungwa,Sida,kwiyahura,gusenya ingo ku bashakanye,etc…Nkuko Yesaya 48,umurongo wa 18 havuga,nta muntu ukora ibyo Imana itubuza ugira amahoro.Nubwo abantu bo babona ko biba ari byiza.Uretse no gufungwa,abakora ibyo Imana itubuza bose bizababuza ubuzima bw’iteka muli paradizo no kuzuka ku munsi wa nyuma.
nyemazi
February 18, 2022 at 5:27 pm
Asanze muli Cashot Avocat nawe wariye ruswa.Hamwe n’undi mukozi wahoze ashinzwe kurwanya ruswa.Ubusambanyi,nubwo bukorwa na millions and millions z’abantu mu rwego rwo kwishimisha,butera ibibazo byinshi bikomeye harimo:Gufungwa,Sida,kwiyahura,gusenya ingo ku bashakanye,etc…Nubwo abantu babikora baba bumva bali mu munyenga.Uretse no gufungwa,abakora ibyo Imana itubuza bose bizababuza ubuzima bw’iteka muli paradizo no kuzuka ku munsi wa nyuma.
citoyen
February 19, 2022 at 9:49 am
Harya abakozi ba RIB bo iyo bariye ruswa bita muri yombi??