Amakuru aheruka
Isomwa ry’urubanza rw’ubujurire rwa Urayeneza na bagenzi be ryasubitswe ku mpamvu z’Urukiko
More in Amakuru aheruka
-
Hakenewe ubufatanye mu gutanga amakuru nyayo ku buzima bw’imyororokere
Ihuriro ry’Imiryango Nyarwanda itari iya Leta ishinzwe kurwanya Virusi Itera SIDA, Guteza imbere Ubuzima...
-
IGP Namuhoranye yasubije abibaza ku hazaza ha Mashami
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Félix Namuhoranye, yavuze ko bifuza gukomezanya n’abatoza...
-
Ishuri KSP Rwanda,ryasabye ababyeyi gushyigikira abana babo kwiga amasomo y’imyuga
Gahunda ya Guverinoma y’imyaka 7 ni uko abanyeshuri biga amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro bagomba kuba...
-
Gukoresha agakingirizo neza birinda kwandura virusi itera SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina ndetse n’inda zitateguwe
Umuryango RNGOF Ifatanyije na AHF-Rwanda ndetse na RBC, bateguye umunsi mukuru w’agakingirizo bibutsa urubyiruko...
Gisa
February 24, 2022 at 1:44 pm
Bamufunge Burundu abo yicaga se yaraziko bo atarabantu
Urayeneza
February 24, 2022 at 3:22 pm
Ariko iryo subika rya hato na hato ko numva rintera ubwoba, kuko ruswa za Gerard ziba zivuza ubuhuha , wasanga barimo gukusanya ayo kumena mu bacamanza
Evariste
February 24, 2022 at 9:33 pm
Mwisanzure koko! Ari uwamufunze, uwamugambaniye, uwirengagiza ukuri n’undi wese uwo ariwe wese, abo bose bazabihanirwa na Rurema muburyo bumwe cyangwa ubundi. Mutegereze murebe.
Urukiko
February 25, 2022 at 6:58 pm
Nnjyewe ndashaka kwibwirira nyakubahwa president rw’ikirenga rwose hari ikibazo gikomeye mururu rubanza ikintu kigaragaza ko harimo ruswa numuntu iyo urubanza ruri busubikwe tutaragera kurukiko abanyagitwe baba bazi amakuru yose yurubanza! Na mayibobo muri biemvenue, iziko umucamanza yarwaye rutari buze gusomwa, ikindi giteye impungenge kurushaho nukuntu, imiryango yabafunze yari yasize amarange,bakoropye, bahashye batetse ngo barabizi neza ko Gerard azafungurwa rero nibazaga ko ibiza kuva murukiko ari ibanga nigute burigihe uru rubanza rujya gusomwa ibiribuvemo bizwi neza? Nubushize nubwo bari batsinzwe imyanzuro bayibonye mbere yisomwa yatemveraga ahantu hose rero ububwo kuko harimo no kuvugwamo ko abayobozi bakuru bariye 250 millions twebwe ababuze abacu twifitiye ubwoba turebye ibirimo kuba
Hak
February 26, 2022 at 9:05 am
Niba koko ibyavugiwe mu iburanisha ko abari batumwe na Ahobantegeye Charotte baragaragaje ko bamushinje babeshya, ubwo uru rubanza ntirwaba ari urucabana! Niba koko ibyavuzwe aribyo, twakwibaza impamvu abantu bamwe bashaka kuyobya abacamanza babeshyerana?
Kaka
February 26, 2022 at 1:09 pm
Uru rubabanza rurumo ruswa iteye ubwoba ariko baribeshya bamenye ko umuco wo kudahana tuzawemera mwariya abacu kumankwa yihangu ntudushobora kubyemera