
-
Amakuru aheruka
/ 2 years agoPerezida Kagame yahawe ishimwe kubera imbaraga abanyarwanda bakoresheje mu guhashya Covid-19
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yahawe igihembo n’Umuryango American Academy of Achievement, kubera umuhate yagize mu guhashya icyorezo...
-
Amakuru aheruka
/ 2 years agoGakire Fidele wari umuyobozi w’ikinyamakuru Ishema, afungiye i Mageragere
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) rwemeje ko Uzabakiriho Fidèle Gakire wahoze mu itangazamakuru mu Rwanda afungiwe muri gereza ya Nyarugenge...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoNyanza: Umubyeyi wabyaye impanga z’abana 3 arasaba ubufasha
Umubyeyi wabyaye impanga z’abana batatu aravuga ko nta bushobozi afite bwo kubarera agasaba ubufasha, abo bana bavukiye mu Bitaro by’Akarere ka...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoUrwego rw’Umuvunyi ruri mu bukangurambaga buzakemura ibibazo by’abaturage ku gipimo cya 98%
Umuvunyi Mukuru Nirere Madeleine yabivuze kuri uyu wa 22 Werurwe 2022 Mu murenge wa Nyamirambo Mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoRubavu: Umunyonzi yagonzwe na Fuso ahita apfa
Niyonizera Emile Donald w’Imyaka 19 y’amavuko wakoraga akazi ko gutwara abantu ku magare, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri mu...
-
Amahanga
/ 3 years agoU Rwanda rwafashe mu mugongo Uganda ku rupfu rwa Jacob Oulanyah
Guverinom y’u Rwanda biciye muri Ambasade yayo muri Uganda bihanganishije iki gihugu nyuma y’urupfu rwa Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko Jacob Oulanyah....
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoUmusizi Rumaga yarondoye agahinda k’abakobwa batewe inda imburagihe mu gisigo cye gishya
Umusizi Rumaga Junior yakoze mu nganzo asohora igisigo yise “Komera mukobwa” agamije gukebura abatera inda abangavu no guhumuriza abo bahuye n’ibyo...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoGicumbi: Umugabo yicishije isuka umugore wa Nyirarume amusanze mu murima
Karegeya w’imyaka 28 arakekwaho kwicisha isuka umugore wa Nyirarume amusanze mu murima ahinga, birakekwa ko bapfuye amakimbirane ashingiye ku mirima. Ibi...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoLt Gen Muganga yitabiriye inama y’Abagaba bakuru b’ingabo zirwanira ku butaka
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka Lt Gen Mubarak Muganga uri muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu nama y’Abagaba...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoInzu Abanyakigali bategeramo imodoka mu isura nshya iteye amabengeza
Umujyi wa Kigali wagaragaje ishusho y’inzu z’ubwugamo zizashyirwa hamwe mu hategerwa imodoka zitwara abagegnzi, zizaba zikozwe mu buryo bugezweho. Ubutumwa buherekejwe...