Amahanga
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi yakiriye Musenyeri Antoine Karidinali Kambanda
More in Amahanga
-
Zelenskyy yerekeje muri Amerika mu biganiro na Joe Biden ashobora guhabwa izindi ntwaro.
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira...
-
Raporo ya page 161 ishobora kugeza Donald Trump mu nkiko kubera imvururu zibasiye Inteko Ishinga amategeko
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika yasabiwe gukurikiranwa n’amategeko,...
-
Perezida Kagame yitabiriye inama yiga ku mutekano mu burasirazuba bwa RDC yabereye USA
Perezida Kagame yitabiriye inama yayobowe n’Umuyobozi wa EAC, Perezida Evariste Ndayishimiye n’Umuyobozi wa ICGLR,...
-
U Rwanda rwafashe mu mugongo Uganda ku rupfu rwa Jacob Oulanyah
Guverinom y’u Rwanda biciye muri Ambasade yayo muri Uganda bihanganishije iki gihugu nyuma y’urupfu...


gafuruka
March 17, 2022 at 2:19 pm
Ni byiza ko Cardinal yagiye gusura Ndayishimiye.Kubera ko nawe avuga ko ari umurokore.Ndetse yasabye Abarundi bose gusenga buri wa kane.Ikibazo nuko mu ishyaka rye afite Imbonerakure zica abantu batavuga rumwe nawe.Byerekana ko politike idashobora kujyana n’ubukristu nyakuli.Niyo mpamvu Yesu yabujije abakristu nyakuli kutivanga mu by’isi.Ahubwo bagasenga basaba imana ngo itebutse ubutegetsi bwayo,akaba aribwo buyobora isi,ikaba paradizo.
gafuruka
March 17, 2022 at 4:57 pm
Yesu yadusabye gusenga buri munsi tubwira Imana ngo :” Ubwami bwawe nibuze” (Let your kindom come).Burya tuba dusaba Imana ngo itebutse ubutegetsi bwayo buyobore isi ibe paradizo,ibibazo byose biveho,harimo n’Urupfu.
Izabikora ku munsi w’imperuka,ibanje gukuraho ubutegetsi bw’abantu ku isi hose nkuko Daniel 2:44 havuga.Ni nde izaha ubutegetsi bw’Isi?Ibyahishuwe 11:15 havuga ko ubutegetsi bw’isi yose izabuha Yezu.It will happen soon.
Ndengejeho Henry
March 17, 2022 at 7:14 pm
Kardinali Kambanda afite umwanya ukomeye wamufasha kwunga abanyarwanda. Gusa kuba ari umuntu, yakoze amakosa yo kwegamira ku bwoko bwe no gushyigikira ingoma atabanje gushishoza ku byerekeranye n’ibikorwa by’iyi ngoma. Nta na limwe Kiliziya yagombye gushyigikira ubwicanyi n’akarengane ako ariko kose. Ariko kandi umuntu arakosa akaba yakwikosora!
Jo
March 18, 2022 at 10:53 am
Abayehova murabeshya nta cyo Imana izaza kumara hano muri bino bitaka. Imana ni Umwuka na roho zacu ni Umwuka byose bizatagatifuzwa bigirww bishya mu ihirwe ridashira. Ibyo mwibwira ko universe na ecosystem Imana izabizamo ni amanjwe. Ijiru mwujujemo 144000 mwiyibagiza imbaga itabarika y’abatagatifujwe. Imana se yagira abantu ku isi na 144000 mu ijuru, iracamo ibice ijuru ryayibanye rito?