Amahanga
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya n’uwa Ukraine mu biganiro bihanitse
More in Amahanga
-
Zelenskyy yerekeje muri Amerika mu biganiro na Joe Biden ashobora guhabwa izindi ntwaro.
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira...
-
Raporo ya page 161 ishobora kugeza Donald Trump mu nkiko kubera imvururu zibasiye Inteko Ishinga amategeko
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika yasabiwe gukurikiranwa n’amategeko,...
-
Perezida Kagame yitabiriye inama yiga ku mutekano mu burasirazuba bwa RDC yabereye USA
Perezida Kagame yitabiriye inama yayobowe n’Umuyobozi wa EAC, Perezida Evariste Ndayishimiye n’Umuyobozi wa ICGLR,...
-
U Rwanda rwafashe mu mugongo Uganda ku rupfu rwa Jacob Oulanyah
Guverinom y’u Rwanda biciye muri Ambasade yayo muri Uganda bihanganishije iki gihugu nyuma y’urupfu...


kazimbaya
March 10, 2022 at 12:42 pm
Biraruhije ko PUTIN ava ku izima.Intambara yashoje ntawe uzi aho igana.Ikibi nuko yaba itujyana ku ntambara ya 3 y’isi.Kubera ko barwanisha bombes atomiques tugashira.Gusa ntabwo Imana yabyemera ko abantu batwika isi yiremeye.Kandi bible isobanura neza ko ku munsi wa nyuma izakura ku isi abantu bose bakora ibyo itubuza,harimo n’abarwana.