-
Amakuru aheruka
/ 2 years agoDr Igabe Egide yarekuwe by’agategaganyo ategekwa kwishyura ingwate
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Werurwe, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Dr Igabe Egide afungurwa by’agateganyo akazaburana mu...
-
Amakuru aheruka
/ 2 years agoAbasore batanu bakubise inyundo Manishimwe agapfa basabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
Abasore batanu bagabye igitero kuri Butike y’umucuruzi bakica umukozi wayikoragamo witwa Manishimwe Vincent Ubushinjacyaha bwabasabiye gufungwa iminsi 30 muri Gereza ya...
-
Amakuru aheruka
/ 2 years agoNyanza: Abaturage bagorwaga no kugera kuri RIB bishimiye ko yabegereye
Abaturage batuye mu Kagari ka Kadaho mu Murenge wa Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza bagorwaga no kugera aho RIB ikorera ngo...
-
Amakuru aheruka
/ 2 years agoHatangijwe gahunda yiswe ‘Ubuhuza mu nkiko’ igamije kugabanya ubutinde bw’imanza
Urukiko rw’Ikirenga mu Rwanda rwatangije gahunda yiswe Ubuhuza mu nkiko iri mu rwego rwo kugabanya imanza zatindaga mu inkiko ziburanishwa igihe...
-
Amakuru aheruka
/ 2 years agoMusanze: Maniriho uregwa gusambanya no kwica Emerence wari ufite imyaka 17 yasabiwe BURUNDU
*Uregwa ibyaha arabihakana byose, akavuga yabyemeye mu Bugenzacyaha “yabanje gukorerwa ibikorwa bibabaza umubiri” Kuri uyu wa 8 Werurwe 2022 Ubushinjacyaha ku...
-
Amakuru aheruka
/ 2 years agoNgororero: Abanyeshuri 6 bari barakatiwe imyaka 5 bagabanyirijwe ibihano bahita bafungurwa
Ababyeyi b’abanyeshuri batandatu bigaga kuri ESCOM Rucano bari barakatiwe imyaka itanu y’igifungo basazwe n’ibyishimo ubwo urukiko rwategekaga ko aba bana baregwaga...
-
Amakuru aheruka
/ 2 years agoUrukiko Rukuru rwagabanyirije JADO Castar igihano, rumukatira amezi 8
Kuri uyu wa Mbere, Urukiko Rukuru nibwo rwafashe umwanzuro ku bujurire bwa Bagirishya Jean de Dieu, Visi Perezida wa kabiri w’Ishyirahamwe...
-
Amakuru aheruka
/ 2 years agoUmunyamategeko ukekwaho guha ruswa Umucamanza, yasabye kurekurwa “ngo yishyuzaga umukiliya we”
Me Nyirabageni Brigitte yabwiye Urukiko Rwisumbuye kumurekura by’agateganyo agakurikiranwa ari hanze, rugatesha agaciro icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwafashe icyemezo cyo...
-
Amakuru aheruka
/ 2 years agoShyorongi: Umugabo arakekwa kwicisha isuka umugore we
Ayindemeye Jean Marie Vianey w’imyaka 44 arakekwa kwica uwari umugore we Mukeshimana Anne Marie w’imyaka 42 akoresheje isuka. Ibi byabaye mu...
-
Amakuru aheruka
/ 2 years agoDr Igabe Egide yasabye gufungurwa ngo abashe kwita ku mwana we urembye
Dr Igabe Egide yasabye urukiko kumurekura kugira ngo yite ku mwana we ufite uburwayi bukomeye anasaba gutanga ingwate y’amafaranga kugira ngo...