Amakuru aheruka
“Abaturage mukanguke ubutabera ntibugurishwa”, RIB ivuga ku wafashwe yakira miliyoni 1.4Frw ya Ruswa
More in Amakuru aheruka
-
Hakenewe ubufatanye mu gutanga amakuru nyayo ku buzima bw’imyororokere
Ihuriro ry’Imiryango Nyarwanda itari iya Leta ishinzwe kurwanya Virusi Itera SIDA, Guteza imbere Ubuzima...
-
IGP Namuhoranye yasubije abibaza ku hazaza ha Mashami
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Félix Namuhoranye, yavuze ko bifuza gukomezanya n’abatoza...
-
Ishuri KSP Rwanda,ryasabye ababyeyi gushyigikira abana babo kwiga amasomo y’imyuga
Gahunda ya Guverinoma y’imyaka 7 ni uko abanyeshuri biga amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro bagomba kuba...
-
Gukoresha agakingirizo neza birinda kwandura virusi itera SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina ndetse n’inda zitateguwe
Umuryango RNGOF Ifatanyije na AHF-Rwanda ndetse na RBC, bateguye umunsi mukuru w’agakingirizo bibutsa urubyiruko...
nyemazi
February 12, 2022 at 3:50 pm
Hahaaaaa.Abarwanya Ruswa benshi nabo barayirya !!! Imibare ya United Nations yerekana ko Ruswa imunga Ubukungu bw’isi ku kigero cya 3.6 Trillions USD buri mwaka.Naho World Bank ikerekana ko abantu na companies batanga Ruswa ingana na 1 Trillion USD buri mwaka.Report ya Transparency International Rwanda,yerekana ko mu mwaka wa 2021,abaturage 23%, nukuvuga abagera hafi kuli 3 millions,basabwe gutanga ruswa.Abarwanya Ruswa,benshi nabo barayirya.Amaherezo azaba ayahe? Nkuko Ibyakozwe 17,umurongo wa 31 havuga,Imana yashyizeho Umunsi w’imperuka,ubwo izakura mu isi abantu bose bakora ibyo itubuza,harimo n’abarya Ruswa.Soma Imigani 2:21,22.Uwo niwo muti rukumbi wa Ruswa,akarengane,ubusambanyi,ubujura,intambara,ubwicanyi,…
Rugaju
February 12, 2022 at 5:22 pm
Ubu mpita mbabara iyo nibutse uko narenganyijwe murukiko kubera kuburana nabafite amafaranga gusa abacamanza Imana izababaza ubugome bakorera abantu babafungira ubusa bariye ruswa
citoyen
February 12, 2022 at 8:16 pm
Uyu mugabo nawe arasetsa rwose. Niba ubutabera butagurishwa se nyine aya mafaranga yari ayiki? Nuko ariwe ufashwe ariko kuba abacamanza bacu baramunzwe na ruswa si ibanga, bizwi na bose.
GSNRÖBE
February 12, 2022 at 11:06 pm
IGICUCU GUSA. uko niko baka ruswa? BAGUKANDE KABISA WUMVE. Uzabaze uko abandi babigenza.
Gusa ibi bigaragaje ko rwose mu bucamanza ruswa ikirimo. Sinzi icyo tuzakora ngo ibi bintu bicike. Hari uwigeze kumbwira ngo nzazane amafaranga ahe umucamanza, ngo n’ubwo yamburaniye neza ntawemenya. Umva naramuhakaniye, cyane ko ntanayo nari nifitiye, kandi byarangiye neza. Hanze aha hari barusahurira mu nduru muri tonde. Hari ukuntu abavoka nabo bashishikariza ababuranyi gutanga ruswa kandi bikarangira aribo bayitwariye. BIRABABAJE. Ariko uyu we yagaciye kabisa.
Habimana Oscar
February 13, 2022 at 2:44 am
mwaramutse neza?biratangaje Kandi birababaje cyane kubona umukozi wo mu rukiko rw’ikirenga afatirwa mu byaha bya ruswa!