Amahanga
Umuyobozi wa Islamic State yagabweho igitero kiramuhitana
More in Amahanga
-
Zelenskyy yerekeje muri Amerika mu biganiro na Joe Biden ashobora guhabwa izindi ntwaro.
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira...
-
Raporo ya page 161 ishobora kugeza Donald Trump mu nkiko kubera imvururu zibasiye Inteko Ishinga amategeko
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika yasabiwe gukurikiranwa n’amategeko,...
-
Perezida Kagame yitabiriye inama yiga ku mutekano mu burasirazuba bwa RDC yabereye USA
Perezida Kagame yitabiriye inama yayobowe n’Umuyobozi wa EAC, Perezida Evariste Ndayishimiye n’Umuyobozi wa ICGLR,...
-
U Rwanda rwafashe mu mugongo Uganda ku rupfu rwa Jacob Oulanyah
Guverinom y’u Rwanda biciye muri Ambasade yayo muri Uganda bihanganishije iki gihugu nyuma y’urupfu...



rutonesha
February 4, 2022 at 9:08 am
Imitwe y’abaslamu irwana cyangwa yica abantu ni myinshi cyane ku isi.Hari Al Shabab,Al Aqmi,ISIS,Al Qaeda,Hezbollah,Boko Haram,Hamas,Islamic Jihad,Taliban,Katiba Masina,etc…Yose ivuga ko “irwanira Imana”.Ngo ni Intambara ntagatifu (JIHAD).Nyamara Imana itubuza kurwana no kwica,ikavuga ko yanga abantu bose bamena amaraso y’abandi nkuko Zaburi 5,umurongo wa 6 havuga.Kandi ko izabarimbura ku munsi wa nyuma.Ariko si Abaslamu gusa barwana.Kuva na kera,amadini menshi ashoza intambara,avuga ko akorera Imana.Muribuka za Crusades z’Abakristu barwana n’Abaslamu zahitanye abantu batabarika.
gahirima
February 4, 2022 at 10:53 am
Nkuko History ibyerekana,n’Intumwa Muhamadi yakundaga kurwana.Kimwe mu bitero bikomeye Muhamadi yayoboye kitwa “The Battle of Badr” cyabaye le 15/03/624,kuli 287 km uvuye I Macca .Amaze gushinga idini ya Islam,abamusimbuye nabo bali abarwanyi.Bagabye ibitero byinshi muli Aziya,muli Africa no mu Burayi,bagarukira ahitwa Poitiers muli France.Abangaga kuba Abaslamu benshi babacaga umutwe.Niho ubutagondwa bwaturutse.Mu gihe Yesu yabujije abakristu nyakuli kurwana,ahubwo abasaba gukunda abanzi babo.Ibi bituma wumva neza hagati ya Yezu na Muhamadi uwari Intumwa y’Imana nyakuli.