Amahanga
Tanzania: Abangavu batewe inda imburagihe babujijwe kuzana abana mu ishuri
More in Amahanga
-
Zelenskyy yerekeje muri Amerika mu biganiro na Joe Biden ashobora guhabwa izindi ntwaro.
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yerekeje muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, aho azaganira...
-
Raporo ya page 161 ishobora kugeza Donald Trump mu nkiko kubera imvururu zibasiye Inteko Ishinga amategeko
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika yasabiwe gukurikiranwa n’amategeko,...
-
Perezida Kagame yitabiriye inama yiga ku mutekano mu burasirazuba bwa RDC yabereye USA
Perezida Kagame yitabiriye inama yayobowe n’Umuyobozi wa EAC, Perezida Evariste Ndayishimiye n’Umuyobozi wa ICGLR,...
-
U Rwanda rwafashe mu mugongo Uganda ku rupfu rwa Jacob Oulanyah
Guverinom y’u Rwanda biciye muri Ambasade yayo muri Uganda bihanganishije iki gihugu nyuma y’urupfu...


kazimbaya
February 5, 2022 at 10:17 am
Biratangaje kubona Umwana w’umukobwa ari kumwe n’umwana we mu ishuli.Bamwe bavuga ko umuti wo kubyara kw’Abangavu ari ukubemerera bakaboneza urubyaro.Byaba ari agahomamunwa.Ingaruka ya mbere,nuko ubusambanyi bwakiyongera.Nk’abakristu,dukwiye kwirinda ikintu cyose kijyana ku busambanyi.Umuti waba uwuhe?Mu idini nsengeramo,ababyeyi bigisha abana babo ijambo ry’Imana hakiri kare nkuko Imana ibidusaba muli Gutegeka 6:6,7.Ibyo bituma abana bakura bumvira Imana,bikabarinda ubusambanyi no kubyara.Abo bana b’abakobwa mukunda kubabona bali kumwe n’ababyeyi babo mu nzira,babwiriza ijambo ry’Imana.Nguwo umuti rukumbi w’Abangavu babyara.