Amakuru aheruka
Nyanza: Umukecuru w’imyaka 70 yatawe muri yombi akekwaho guhinga urumogi
More in Amakuru aheruka
-
Hakenewe ubufatanye mu gutanga amakuru nyayo ku buzima bw’imyororokere
Ihuriro ry’Imiryango Nyarwanda itari iya Leta ishinzwe kurwanya Virusi Itera SIDA, Guteza imbere Ubuzima...
-
IGP Namuhoranye yasubije abibaza ku hazaza ha Mashami
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Félix Namuhoranye, yavuze ko bifuza gukomezanya n’abatoza...
-
Ishuri KSP Rwanda,ryasabye ababyeyi gushyigikira abana babo kwiga amasomo y’imyuga
Gahunda ya Guverinoma y’imyaka 7 ni uko abanyeshuri biga amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro bagomba kuba...
-
Gukoresha agakingirizo neza birinda kwandura virusi itera SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina ndetse n’inda zitateguwe
Umuryango RNGOF Ifatanyije na AHF-Rwanda ndetse na RBC, bateguye umunsi mukuru w’agakingirizo bibutsa urubyiruko...
lg
February 25, 2022 at 9:01 am
igiti 1 !!!nukureba neza kuko gishobora no kwimeza guhinga ugahinga 1 !!! ikindi abantu benshi ntibanazi igiti cyurumogi uko kimeze nkanjye ntabwo nkizi ejo kimejeje iwanjye uwakibona yavuga ko nduhinga kandi ndengana,
SNIPER
March 2, 2022 at 5:24 pm
Rwose ibyo uvuga nibyo kuko nukuntu kimeze cyarimejeje kuko urabona kitaritaweho pe,kiri nahantu umuvu uca bivuze ko n’amazi yazana imbuto zarwo rukazamera
rutebuka
February 25, 2022 at 10:10 am
URUMOGI,kimwe na COCAINE,ni imali ishyushye cyane.Guca Ibiyobyabwenge (Drugs) ku isi byarananiranye.Buri mwaka,Amerika ishora + 50 Billions/Milliards USD mu kurwanya Ibiyobyabwenge ku isi hose,ariko byaranze.Mu bihugu bimwe byo muli Latin America,habayo Companies zihinga kandi zigacuruza Ibiyobyabwenge,zitwa Drug Cartels,zifite ingufu nk’iza National Army and Police.Zifite amato n’indege z’intambara.Umuti uzaba uwuhe?Bible itanga igisubizo: Nkuko Imigani 2,imirongo ya 21 na 22 havuga,ku munsi wa nyuma Imana izakura mu isi abantu bose bakora ibyo itubuza,isigaze abantu bayumvira gusa.Niwo muti rukumbi.
Frank
February 28, 2022 at 11:24 am
Ibi ni ugukabya. Igiti kimwe ubu cyaciye ibintu? Ahubwo abanyarwanda turi abanyabugambo gusa. Ni hangahe mu bipangu i Kigali byimejeje? Ubu se kuri iyo myaka,nibura se mumuziho kurucuruza? Niba atari ibyo rero mureke gukabiriza ibintu,no kuba yakibagarira nk’ikimera kindi nta gitangaza