Amakuru aheruka
Mayaka nyiri Cine ElMay mu Biryogo yitabye Imana
More in Amakuru aheruka
-
-
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana yavuze ku inkunga ya USAID
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko mu mbanzirizamushinga y’itegeko rigena ingengo y’imari y’umwaka...
-
Minisitiri Kayikwamba wa RDC aracyikoma u Rwanda
Nubwo ibihugu byombi bigaragaza ko biri mu nzira nziza yo gukemura amakimbirane bifitanye, Minisitiri...
-
Abacanshuro muri Congo si aba none
Bijya gutangira, abantu benshi batekerezaga ko ari inkuru y’igihuha, ko ibyo u Rwanda ruvuga...
nyemazi
January 8, 2022 at 12:37 pm
MAYAKA aratubabaje.Uko bigaragara yali akuze cyane (umusaza).URUPFU,ni inzira ya twese.Impamvu twese turwara,tugasaza kandi tugapfa,nuko duturuka kuli DNA (ADN) ya Adamu yanduye amaze gukora icyaha.Ariko nk’abakristu,ntitugatinye urupfu.Tujye twemera tudashidikanya na busa yuko abantu bose bapfa bakoraga ibyo Imana ishaka kandi batiberaga mu byisi gusa,izabazura ku munsi wa nyuma ikabaha ubuzima bw’iteka muli Paradizo.Ni Yesu ubwe wabivuze muli Yohana 6,umurongo wa 40.Dukore kugirango tubeho,tubifatanye no gushaka cyane Imana,kugirango izatuzure kuli uwo munsi iduhe ubuzima bw’iteka.