
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoMuhanga: Inzu ziciritse zubatswe n’Akarere imwe ni miliyoni 19Frw, abaguzi bati “zirahenze!”
*Izi nzu zubatswe muri 4 in One (inzu imwe irimo inzu 4), agaciro k’inzu imwe ni miliyoni 19Frw Inzu ziciriritse 8...
-
Afurika
/ 4 years agoPerezida wa Malawi yirukanye Guverinoma yose ayishinja ruswa
Lazarus Chakwera, Perezida wa Malawi yirukanye abagize Guverinoma ye bose abashinja ruswa. Mu ijambo yavugiye kuri televiziyo ku wa Mbere, Perezida...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoKNC atariye iminwa ati “Ubunyamabanga bwa FERWAFA burwaye Malaria”
*Ibihano yafatiwe ngo birasekeje azajurira *KNC yavuze ko afite ubushobozi yakwirukana abakozi bose ba FERWAFA ngo ntibagira ibanga Perezida wa Gasogi...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoRPMFA yisubiye ku cyemezo gihagarika amasezerano n’ibigo bya RADIANT, SANLAM na BRITAM
UPDATED: Ishyirahamwe ry’amavuriro y’igenga mu Rwanda (RPMFA) ryisubiye ku cyemezo ryari ryafashe cyo guhagarika imikoranire n’amasezerano n’ibigo by’ubwishingizi bitanga n’ubujyanye no...
-
Afurika
/ 4 years agoBurkina Faso: Coup d’Etat yahiye, abasirikare bayikoze bavuze ijambo kuri Televiziyo
UPDATE: Abaturage ba Burkina Faso n’Isi muri rusange biriwe mu gihirahiro nyuma y’uko Perezida Roch Marc Christian Kaboré, Abaminisitiri be na...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoPerezida Kagame yakiriye Ambasaderi w’Amerika ucyuye igihe Peter Vrooman
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Mutarama 2022 Perezida wa Repubukika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye mu biro bye Ambasaderi...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoFERWAFA yafatiye ibihano perezida wa Gasogi ndetse n’abakinnyi
Inama ya Komisiyo ishinzwe imyitwarire muri FERWAFA yateranye ku wa gatandatu tariki ya 8 Mutarama 2022 yafatiye ibihano Ikipe ya Etincelles...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoUmuceri uhinze kuri hegitari 20 warengewe n’amazi y’imvura mu kibaya cy’umugezi wa Mukungwa
Imvura nyinshi yaguye mu ijoro rishyira kuri iki Cyumweru mu Turere twa Gakenke, Nyabihu na Ngororero yangije imyaka y’abaturage irimo umceri...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoTugiye gucyemura ibibazo by’ibiza mu buryo burambye- Meya Kambogo
Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bwatangaje ko bugiye gukemura ikibazo cy’ibiza cyagaragara muri aka Karere mu buryo burambye. Ibi bitangajwe mu gihe...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoMuhanga: MINISANTÉ yahaye ibitaro bya Kabgayi abaganga 5 b’inzobere
Minisiteri y’Ubuzima yahaye ibitaro bya Kabgayi Abaganga 5 b’inzobere biyongera ku bandi 8 ibi bitaro bisanganywe. Umuyobozi Mukuru w’ibitaro bya Kabgayi...