
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoKigali: Umugabo usabisha akazi impamyabumenyi ya PhD yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi umugabo witwa Igabe Egide, arakekwaho icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano aho ngo yashakaga akazi...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoUbwato bwa Gisirikare buri mu kazi, abahahira hakurya no hakuno ya Nyabarongo barashima Leta
Abaturage bari basanzwe bakoresha ikiraro cya Gahira cyabafashaga kwambuka Nyabarongo ariko kikaza gusenywa n’abagizi ba nabi, bari kwambuka bakoresheje ubwato bwa...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoBa Offisiye baregwa ruswa mu bizami bya Perimis urubanza rwabo rwongeye gusubikwa
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 07 Mutarama, 2022 Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwongeye gusubika urubanza rw’ubujurire rw’abantu 11 harimo aba...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoCOVID-19: Hoteli zimwe zafunzwe by’agateganyo zinacibwa agera kuri frw 300,000
Urwego Rushinzwe iterambere mu Rwanda (RDB) rwategetse ko ibigo byakira abantu ndetse n’iby’ubukerarugendo byo mu Mujyi wa Kigali bifungwa by’agateganyo, ndetse...
-
Amahanga
/ 3 years agoIngabo ziyobowe n’Uburusiya zoherejwe muri Kazakhstan guhosha imvururu
Ingabo zirimo iz’Uburusi zamaze kugera mu gihugu cya Kazakhstan bisabwe na Perezida waho, nyuma y’imyogaragambyo ikomeye yamagana ubutegetsi bwe. Imbunda nini...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoRuhango: Umugore akurikiranyweho “kwiha ububasha bwo gufunguza abafunzwe”
Umugore wo mu Murenge wa Bweramana witwa Mukundente arimu maboko y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), akurikiranyweho ubwambuzi bushukana, ngo yaka amafaranga abaturage bafite...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoNyanza: Umwana w’imyaka 2 yaguye mu cyobo cy’amazi arapfa
*Ubuyobozi burakebura ababyeyi Mu Mudugudu wa Kinyana, mu Kagari ka Migina, mu Murenge wa Muyira mu karere ka Nyanza haravugwa impanuka ...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoUyu munsi Guinea itashye iseka nyuma yo gutsinda Amavubi 2-0
Wari umukino wa kabiri wa gicuti u Rwanda rwakinnye na Guinea yitegura igikombe cya Afurika kizabera muri Cameroun guhera tariki 9...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoFERWAFA yabonye Umunyamabanga Mukuru mushya
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryabonye Umunyamabanga Mukuru mushya ari we Muhire Henry Brulart wigeze gukora itangazamakuru mu biganiro bya...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoUrubanza rwa Munyenyezi woherejwe na US kuburanira mu Rwanda rwongeye gusubikwa
Urubanza ruregwamo Béatrice Munyenyezi ukurikiranyweho ibyaha birindwi bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwongeye gusubikwa ku nshuro ya kabiri....