
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoSosiyete Sivili Nyafurika igiye gukora ubuvugizi ku guhangana n’ibyuka bihumanya ikirere
Abagize Sosiyete Sivili Nyafurika, bavuga ko bagiye kuzamura ijwi mu bihugu bikize kugira ngo birekure amafaranga yo kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima n’ibidukikije...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoRutahizamu wa APR FC ari mu maboko ya Polisi
Bizimana Yannick usanzwe ari rutahizamu wa APR FC, ari mu maboko ya polisi nyuma yo gufatwa yarengeje amasaha yo kugera mu...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoMusanze: Imibiri imaze imyaka 28 ishyinguye nabi mu Rwibutso rwa Muhoza yatangiye kwimurwa
Imibiri isaga 800 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, yari ishyinguye mu buryo butayihesheje agaciro mu Rwibutso rwa Muhoza mu...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoNyanza: Bashyizeho “Ihanuriro n’ihaniro”mu kurwanya amakimbirane yo mu miryango
Abaturage bafatanyije n’ubuyobozi bwo mu kagari ka Mututu ho mu karere ka Nyanza bashyizeho uburyo bwo kurwanya amakimbirane yo mu muryango...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoGasabo: Umurambo w’umugabo watwawe n’imvura wabonetse
Havugimana Andre wo mu Murenge wa Bumbogo, Akagari ka Ngara, mu Mudugudu wa Birembo, wari umaze iminsi ashakishwa nyuma yaho imvura...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoHaganiriwe ku bikwiye gukorwa ngo abatubuzi b’imbuto y’imyumbati babikore kinyamwuga
Mu nama yateguwe na RAB ifatanyije n’abafatanyabikorwa aribo SPARK na IITA, tariki 01 Werurwe 2022 i Kigali, haganiriwe ku ishusho ry’aho...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoRDB yahannye Hoteli yatanze Serivise mbi muri Tour du Rwanda 2022
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere mu Rwanda RDB rwahannye Hilltop Hotel yo muri Kigali nyuma yo gutanga serivise zitanoze ku bitabiriye isiganwa ry’amagare...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoImyaka 2 iri imbere inkingo zirimo iza Covid-19 zikorewe mu Rwanda zizajya ku isoko
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Daniel Ngamije yagararage ko bamaze gutera intambwe ndende mu rugendo rwo gukorera inkingo zirimo iza Covid-19 mu Rwanda,...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoNyuma y’uko Akarere kanenzwe gutererana Gicumbi Fc, hashyizweho komite y’agateganyo
Nyuma y’uko Perezida w’ikipe ya Gicumbi FC yo mu Karere ka Gicumbi, Urayeneza John yeguye ku nshingano avuga ko amikoro adahagije...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoRusizi: Imiryango itari iya Leta yiyemeje gukorera hamwe ku nyungu z’umuturage
Abaturage benshi hirya no hino bamaze kugenda bagaragaza ko badasobanukiwe n’uburenganzira bwabo mu mategeko, hari n’abagaragaza ko batazi imiryango ikora ubuvugizi...