
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoMINIJUST yasabye ubufatanye mu guhashya ibifi binini birya ruswa
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubutabera Mbonera Theophile yatangaje ko amategeko ahana ruswa agomba gukurikizwa kuri buri umwe uyirya hatitawe ku mwanya...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoAbacukura amabuye y’agaciro basabwe kutangiza urugomero rwa Nyabarongo
Inzego zitandukanye zo mu Ntara y’Amajyepfo, zasanze ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro n’ubuhinzi byangiza urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo, basaba ko ababikora babinoza...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoItorero ridafite umwuka wera riba ar’imfubyi – Rev Uwambaje Emmanuel
Rev Uwambaje Emmanuel Umushumba w’Ururembo rwa Rubavu yabwiye abitabiriye igiterane cy’iminsi irindwi kiri kubera kuri ADEPR Gashyekero ko iyo Umwuka wera...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoGupima umuriro ku marembo y’ahahurira abantu benshi ntibigikenewe- MINISANTE
Igikorwa cyo gupimira umuriro ahahurira abantu benshi cyari kimaze igihe kiri mu ngamba zo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19 mu Rwanda,...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoMugimba Jean Baptiste yahamijwe uruhare muri Jenoside akatirwa imyaka 25 y’igifungo
Urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka rwahamije Jean Baptiste Mugimba icyaha cyo gucura umugambi wo gukora Jenoside no...
-
Amahanga
/ 4 years agoUkraine: Umugore wari wahawe igihembo cy’umubyeyi w’Intwari yaguye ku rugamba bishengura benshi
Umubyeyi wo muri Ukraine wareraga abana 12 barimo batandatu yabyaye n’abandi batandatu b’imfubyi yari yaragize abe akaba yaranabiherewe igihembo, yaguye ku...
-
Amahanga
/ 4 years agoPerezida Ndayishimiye w’u Burundi yakiriye Musenyeri Antoine Karidinali Kambanda
Kuri uyu wa Kane tariki 17 Werurwe 2022, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yakiriye mu biro bye Umushumba wa Arikidiyoseze ya...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoNyamasheke: Umubyeyi wemeye guha impyiko umwana we urembye yabuze ubushobozi bumugeza mu Buhinde
NYIRANGAMIJE Brigitte ni umubyeyi w’abana batandatu wo mu murenge wa Kagano mu kagari ka Gako, mu Mudugudu wa Gitwa mu Karere...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoNyuma y’imyaka 30 Umujyi wa Gisenyi wavuguruye imiyoboro y’amashanyarazi
Umujyi wa Rubavu nk’umwe mu yunganira Kigali, ku wa Gtandatu hatashye umuyoboro mushya w’amashanyarazi, ubu Umujyi watangiye guhabwa umuriro ukubye inshuro...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoDr Uzziel Ndagijimana yasobanuye uko Miliyari 100 Frw zafashije kuzahura ubukungu
Muri Kamena 2020,Guverinoma y’uRwanda yashyizeho Ikigega Nzahurabukungu (Economic Recovery Fund) agamije kuzahura ubukungu bw’abikorera nyuma yo kugerwaho ingaruka na COVID-19. Icyo...