
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoFootball: Abakinnyi 10 bakomeye mu Rwanda badafite amasezerano muri iki gihe
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA, rigena ibihe bibiri mu mwaka byo guha abakinnyi umwanya bagahinduranya amakipe, aho usoje amasezerano mu...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoCovid-19 imaze guhitana Abavoka babiri, ntitwifuza ko hapfa abandi – Me Nkundabarashi
*Abavoka bavuga ko gusabwa kwipimisha Covid-19 buri munsi bihenze *Hari uwavuze ko Abacamanza n’Abashinjacyaha bo badasabwa kugaragaza ko bapimwe Me Nkundabarashi...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoGuhohoterwa ku mugabo si ukuba umunyantege nke, bagane ubutabera -Dr Murangira
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr Murangira B. Thierry yasabye abagabo bahohoterwa mu ngo zabo kugana ubutabera harimo Isange One Stop...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoNgoma: Abagore bari mu marira nyuma y’aho abagabo babatanye ingo
Bamwe mu bagore bo mu Murenge wa Mugesera mu Karere ka Ngoma mu Ntaray’Iburasirazuba, bahangayikishijwe n’abana babo bataye ishuri bitewe n’uko...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoBugesera: Asaga miliyoni 12 yafashije abagore kuzahura ubukungu bwashegeshwe na COVID-19
Abagore bakora ubucuruzi buto n’ubucuriritse mu Mirenge itandukanye yo mu Karere ka Bugesera bahawe agera kuri 12,984,900frw binyuze mu kigega nzahura...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoRwamagana: Abaturage 52 bajyanywe mu Bitaro nyuma yo kunywa ikigage gihumanye
Abaturage 52 bo mu Murenge wa Munyaga, Akagari ka Nkungu,Umudugudu wa Kabuye bajyanywe mu Bitaro igitaraganya nyuma yo kunywa ikigage gihumanye....
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoKayonza: Akanyamuneza ni kose ku rubyiruko rwafashijwe kubona inguzanyo yo kuzahura ubucuruzi bwabo
Bamwe mu bakora ubucuruzi buciriritse mu Karere ka Kayonza biganjemo urubyiruko barashimira Leta y’u Rwanda yabafashije kuzahura ubucuruzi bwabo bwari bwaragizweho...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoPerezida Kagame yakiriye intumwa z’u Burundi zazanye ubutumwa bwa Perezida Ndayishimiye
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame mu biro bye Village Urugwiro yakiriye itsinda ry’Abarundi bayobowe na Minisitiri ushinzwe umuryango wa...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoNyuma y’iminsi 10 umurwayi wa Covid-19 ari mu kato azajya akavamo igihe nta bucucike bwa virusi afite
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko umurwayi Covid-19 ariko yarikingije byuzuye azajya amara mu kato iminsi irindwi naho umuntu wese umaze iminsi 10...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoHEC yemeje ko Atalantic Universtiry ivuga ko yahaye “PhD” Dr Igabe itemerewe gutanga impamyabumenyi zihanitse
Ikigo gishinzwe amashuri makuru na za Kaminuza mu Rwanda HEC, cyemeje ko Atlantic International Univeristy nta burenganzira ifite bwo gutanga impamyabumenyi...