
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoMinisitiri Munyangaju yakiriye umunyabigwi wa Fc Barcelona María Bakero
Minisitiri wa Siporo Aurore Munyangaju Mimosa yakiriye mu biro bye umunyabigwi wakanyujijeho mu ikipe ya FC Barcelona yo muri Esipanye, José...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoInzego z’Ibanze zikomeye zakuye u Rwanda ahagoye zirugeza aharamba- Min.Gatabazi
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney yagaragarije abayobozi b’inzego z’ibanze n’abo mu nzego nkuru muri Somalia ko inzego z’ibanze zikomeye...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoDosiye ya IMAM ukekwaho kwica ingurube ayita “haramu” yashyikirijwe Ubushinjacyaha
IMAM (Umuyobozi w’umusigiti) wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza ashobora guhabwa ibihano birimo gufungwa igihe yazahamywa n’urukiko ibyo akekwaho byo kwica...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoUmuhanda Muhanga-Ngororero wafunzwe na Nyabarongo ahitwa ‘ku Cyome’
Kuva Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere imvura nyinshi yaraye iguye hirya no hino mu Gihugu yatumye urujya n’uruza hagati...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoAkarere ka Rubavu kiyemeje gufasha abafite impano z’ubuhanzi
Mu rwego rwo gushyigikira impano zitandukanye zishingiye ku buhanzi, Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatangaje ko bugiye gufasha abafite impano z’ubuhanzi mu...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoUPDATED: Perezida Paul Kagame yageze muri Qatar mu ruzinduko rw’akazi
UPDATE: Nyuma yo kugera muri Qatar mu gitondo kuri uyu wa Mbere, Perezida Paul Kagame yakiriwe n’Umuyobozi w’ikirenga w’iki gihugu, Sheikh...
-
Afurika
/ 3 years agoCabo Delgado: Ingabo z’u Rwanda zishe inyeshyamba 2 zibohora Ruvuma na Pundanhar
Ingabo z’u Rwanda (RDF) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique zigaruriye uduce twa Pundanhar...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoIgikombe cy’Intwari mu mukino wa Handball cyatwawe na Gicumbi HC
Gicumbi HC yegukanye igikombe cy’Intwari mu mukino w’intoki wa Handball itsinze ikipe ya Police HC ibitego 33 kuri 31. Ni umukino...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoNyabihu: Abana 288 bamaze gusubizwa mu ishuri ku barenga 4283 barivuyemo
Mu Karere ka Nyabihu habarurwa abana 4283 bataye ishuri mu gihe muri abo, 288 bamaze kurigarurwamo. Zimwe mu mpamvu zisobanurwa na...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoHuye: Imvura nyinshi yasenye urusengero, umubyeyi n’umwana we bapfiramo
Imvura nyinshi yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Gashyantare 2022, mu Murenge wa Karama, Akagari ka...