
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoRuhango: Ku manywa y’ihangu umwana yakubiswe n’inkuba ahita apfa – Inkuba yo ku zuba iza ite?
Niyodusenga Yvan uri mu kigero cy’imyaka 12, ku manywa y’ihangu yakubiswe n’inkuba ahita yitaba Imana, abahanga mu by’inkuba bavuga ko inkuba...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoU Bufaransa: Urukiko rwashyinguye burundu dosiye y’ihanurwa ry’indege ya Habyarimana
Nyuma yo kwakira ubujurire ku ifunga rya dosiye y’iperereza ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana Juvenal, Urukiko Rusesa Imanza mu Bufaransa rwafunze...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoRwiyemezamirimo arashinja Urukiko rw’Ikirenga kumwambura Miliyoni 32 Frw
NYANZA: Rwiyemezamirimo witwa Ntihinyuka Elie aravuga ko yatewe igihombo n’Urukiko rw’Ikirenga nyuma yo gutsindira isoko ryo gushyira amarido muri ruriya Rukiko...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoRuhango: Abantu 5 bakomerekejwe n’abitwaje intwaro gakondo, Mayor ati “Ntabyo nzi”
Abantu bitwaje intwaro gakondo batemye abaturage 5 bajyanwa mu Bitaro. Itemwa ry’aba baturage ryabaye mu ijoro ryo ku Cyumweru ubwo hagwaga...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoRulindo: Yaketsweho ubujura ahita agura umuhoro ajya ku kagari gutema Gitifu
Uwitwa Tuyizere w’imyaka 26 y’mavuko wo mu Kagari ka Rubona mu Murenge wa Shyorongi yazindukanye umuhoro ku biro by’Akagari ajyanywe no...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoPerezida Kagame yasoje uruzinduko yagiriraga muri Quatar
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri yasoje uruzinduko rw’akazi yagiriraga muri Qatar. Mu gitondo cyo...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoPolisi ya Centre Africa n’iy’u Rwanda basinyanye amasezerano y’ubufatanye
Polisi ya Centre Africa n’iy’uRwanda kuri uyu wa mbere tariki ya 14Gashyantare 2022,basinyanye amasezerano y’ubufatanye, ni amasezerano yshyizweho umukono n’abayobozi ba...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoSalton wari ushinzwe ivugabutumwa yisobanuye ku inyerezwa rya miliyoni 42Frw y’umutungo wa ADEPR
Kuri uyu wa Mbere ubwo hakomezaga urubanza rwa ADEPR, Niyitanga Salton wahoze ashinzwe ivugabutumwa muri ADEPR yakomeje kwiregura ku byo ashinjwa...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoUmugore yaryamye ari muzima, umugabo bari kumwe abyutse asanga yapfuye – Hatangiye iperereza
Nyanza: Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruri gukora iperereza nyuma yaho umugore wari utuye mu Mudugudu wa Rukari, mu Kagari ka Rwesero...
-
Amakuru aheruka
/ 3 years agoU Rwanda rugiye kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ururimi Kavukire
Inteko y’Umuco yatangaje ko ku wa 21 Gashyantare u Rwanda ruzizihiza ku nshuro ya 19 Umunsi Mpuzamahanga w’Ururimi Kavukire, bizakorwa mu...