
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoPerezida Kagame yazirikanye ibikorwa by’ubutwari Joe Ritchie yakoreye u Rwanda
Perezida Paul Kagame yihanganishije umuryango wa Joseph (Joe) Ritchie watabarutse ku myaka 75 y’amavuko akaba ari umwe mu nshuti z’u Rwanda...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoUmunyamerika Joseph Ritchie wari inshuti magara y’u Rwanda yitabye Imana
Joseph Ritchie wari Inshuti ikomeye y’u Rwanda, akaba yarabaye Umuyobozi wa mbere w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere (RDB), yitabye Imana ku myaka...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoTourDuRwanda2022: Restrepo wo muri Colombia atwaye Etape ya Kigali- Rubavu
UPDATES: Restrepo Valencia Jhonatan wo muri Colombia ni we utwaye Agace ka gatatu ka Tour Du Rwanda kavaga i Kigali kagana...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoCSP Kayumba wayoboye Gereza ya Mageragere mu bujurire bwe yasabye Urukiko kumurekura
*CSP Kayumba yabwiye urukiko ko nta kimenyetso kerekana ko Kassem yibiwe muri Gereza *Ubushinjacyaha bwasabye ko ibihano abaregwa bahawe byagumaho Kuri...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoIbyo wamenya ku mukinnyi w’Umunyarwanda utanga icyizere muri Tour Du Rwanda2022
Nyuma yo gukina uduce tubiri twa Tour du Rwanda 2022, umukinnyi w’Umunyarwanda Uhiriwe Byiza Rénus ni we munyagihugu uza hafi aho...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoPerezida Kagame ari muri Senegal yitabiriye itahwa rya Stade nshya
Perezida Paul Kagame yageze muri Senegal, aho yakiriwe na mugenzi we Macky Sall, kuri uyu wa Kabiri bazataha Stade nshya yitwa...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoPerezida Kagame yababajwe n’urupfu rw’uwashinze Partners In Health waguye mu Rwanda
Mu butumwa bwe ku muryango wa nyakwigendera, Dr. Paul Farmer washinze Partners In Health, Perezida Paul Kagame yanditse ko abikuye ku...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoAPR FC na Rayon Sports zatsinze mbere y’umukino uzazihuza muri iki Cyumweru
Kuri uyu wa mbere ikipe zihora zihanganye APR FC na Rayon Sports zabonye amanota atatu, APR FC kuri Sitade ya Kigali...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoGisimenti: Hari umuhanda uzajya ukumirwamo imodoka muri Weekend wakirirwemo abica akanyota
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko umuhanda umwe uri ku Gisimenti mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo, uzajya ukumirwamo...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoImpaka zishyushye mu Rukiko ku kuba Cyuma Hassan ari Umunyamakuru cyangwa atari we
*Cyuma ati “Igihano cy’Urukiko Rukuru kigumyeho byaba ari ukuniga ubwisanzure bw’itangazamakuru” *Yavuze ko nahanirwa inyandiko mpimbano Abanyamakuru bose badafite ikarita ya...