
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoAbadepite basabye ko buri wese wahombeje Leta mu mushinga wa Biogaz atahurwa akabiryozwa
*Mu gihugu hubatswe biogaz 9,647 izigera ku 5,014 zingana na 52% ntizikora Nyuma y’uko umushinga wa Biogaz ushowemo akayabo k’amafaranga ariko...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoKarongi: Ishuri ryagwiriye abanyeshuri umunani bajya mu bitaro
Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga yaguye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 09 Werurwe 2020 mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoMinisitiri Dr Mujawamariya yagaragaje ko hari isano hagati y’uburinganire n’ihindagurika ry’ibihe
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Jeanne d’Arc Mujawamariya yagaragaje ko hari isano ikomeye hagati y’uburinganire n’ubwuzuzanye ndetse n’ihindagurika ry’ibihe. Yabivuze kuri uyu wa...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoGicumbi: Imvura ivanze n’umuyaga yasenye inzu 32 n’ibyumba by’amashuri 10
Umuyaga udasanzwe urimo n’imvura wangije ibikorwa remezo, higanjemo amashuri, inzu z’abaturage n’ubwiherero bw’Ikigo Nderabuzima cya Mukono. Kuri uyu wa 09 Werurwe...
-
Amahanga
/ 4 years agoMozambique: Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’abaturage kwizihiza isabukuru Cabo Delgado imaze ibayeho
Ingabo z’URwanda ziri mu bikorwa byo kugarura amahoro muri Mozambique, kuri uyu wa Mbere tariki ya 7 Werurwe 2022, yifatanyije n’abatuye...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoPerezida Embaló yashoje uruzinduko rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente yaherekeje Perezida wa Guinea Bissau, Umaro Sissoco Embaló wasoje uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu yagiriraga...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoHatangijwe gahunda yiswe ‘Ubuhuza mu nkiko’ igamije kugabanya ubutinde bw’imanza
Urukiko rw’Ikirenga mu Rwanda rwatangije gahunda yiswe Ubuhuza mu nkiko iri mu rwego rwo kugabanya imanza zatindaga mu inkiko ziburanishwa igihe...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoMusanze: Maniriho uregwa gusambanya no kwica Emerence wari ufite imyaka 17 yasabiwe BURUNDU
*Uregwa ibyaha arabihakana byose, akavuga yabyemeye mu Bugenzacyaha “yabanje gukorerwa ibikorwa bibabaza umubiri” Kuri uyu wa 8 Werurwe 2022 Ubushinjacyaha ku...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoKiyovu Sports yakuyeho ibiciro ku bagore bose bazitabira umukino uzayihuza na Etincelles Fc
Mu rwego rwo gukomeza kwizihiza umunsi ngarukamwaka w’abagore uba ku ya 8 Werurwe, umuryango w’ikipe ya Kiyovu Sports wafashe icyemezo ko...
-
Amakuru aheruka
/ 4 years agoTumenye byinshi kuri ‘Panafricanism’: Yatangiye ite?, Yahuye n’izihe mbogamizi, Igeze he?
Inyandiko ya Dr MUNYANSANGA Olivier Umwalimu muri PIASS Panafricanism ni ingengabitekerezo ishakisha kubaka ubumwe bw’ibihugu bya Afurika, igatuma Afurika itera imbere,...